Shop

Ikaze mu Kinyejana cya 21!

Fr 5,000Fr 20,000

Umuntu asa n’igihe yavutsemo kuruta uko asa na se umubyara n’uburere buruta ubuvuke! (Umugani w’Abarabu n’uw’ino I Rwanda).

SKU: N/A Category:

Description

Ibyo kandi ni uburenganzira bwe busesuye bwo gusa nkuko yagizwe, kuko si we ubyigira. N’ubwo ari uburenganzira (ubwite) kuba cyangwa gukora nk’ab’igihe cye, ibyo ntibyabuza abandi kugira icyo babivugaho, babishima cyangwa se babigaya; abo nabo babifitiye uburenganzira cyane ko, baba bifuza gutunganya ibitameze neza.

About the author

Ruterambuku I. Rwubusisi, umwanditsi w'iki gitabo ni umubyeyi ndetse n'umurezi wo mu muryango nyarwanda.
0
    0
    Your Cart
    Your cart is emptyReturn to Shop